Isoko ryo Kugurira Amatungo Magufi ( Inkoko ) z’abana 315 Bari Mu Mushinga RW0941ENIR NGENDA
Confidential
Publiée dans 1 semaine · Expire dans 1 mois
Description du poste
Eglise DU Nazareen International au Rwanda ( ENIR )
Paroisse NGENDA /KABUYE
RW 0941 ENIR NGENDA
TEL:[Phone hidden]/[Phone hidden]
Email : [Email hidden]
ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO
Ubuyobozi bw’umushinga RW0941 ENIR NGENDA itorero Nazarene Paroise NGENDA / KABUYE ,uterwa inkunga na Compassion International buramenyesha ba Rwiyemezamirimo babyifuza kandi babishaka ko hari isoko ryo kugurira amatungo magufi ( Inkoko ) z’abana 315 bari mu mushinga RW0941 ENIR NGENDA .
Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira
Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa ENIR Paroise NGENDA/KABUYE Kuzana Facture Proforma igaragaza igiciro yatanze hakubiyemo n’imisoro iteganywa n’amategeko ya leta y’URwanda n’ubwikorezi Kuba afite photocopie ya facture ya E.B.M yerekana ko atanga iyo facture Kuba afite ibyangombwa bimuranga aribyo : (Tin Number ,Icyemezo gitangwa na RDB ,Icyemezo cyo kutabamo imisoro ya Rwanda Revenue , Icyemezo gitangwa na RSSB cya CERTIFICATE OF CLEARANCE ) byose biriho umukono wa Noteri
Kuzana ibyemezo by’ahantu 3 yaba yarigeze kugemura inkoko kandi akabikora neza Kuzana photocopie y’indangamuntu Bordereau yishyuriyeho amafaranga ibihumbi icumi (10,000) Kugaragaza uburyo azakora iryo soko neza(Gahunda yo kugemura) N.B: Itariki yo gutanga amabaruwa ni kuwa kane tariki ya 04/06/2026 saa munani zuzuye (14hoo) kubiro by’umushinga RW0941, gufungura amabaruwa ni kuri uwo munsi saa munani zuzuye , Amafaranga yo kugura DAO anyuzwa kuri compte [Phone hidden] yitwa RW0941 ENIR NGENDA angana n’ibihumbi icumi (10,000frws) iri muri B.K
adasubizwa , bakazaza gufata agatabo gakubiyemo amabwiriza arambuye y’isoko guhera tariki 20 /05 - 03 /06 /2026 , bazanye na Photocopie ya bordereaux bishyuriyeho ayo mafaranga , mu masaha y’akazi ,kubindi bisobanuro mwabariza kubiro by’umushinga ku masaha ya kazi , mu mudugudu wa cyahafi , akagari ka kabuye , umurenge wa Nyarugenge , akarere ka Bugesera .
Bikorewe I Nyarugenge kuwa 19 /05 / 2026
Umushumba w’itorero ENIR NGENDA
Rev. Pastor BYIRINGIRO Appolinaire
Ce poste vous intéresse ?
Se connecter pour voir l'emailPas encore inscrit ? Créer un compte gratuit
Pas encore inscrit ? Créer un compte gratuit