Isoko ryo Kugurira Amatungo Magufi ( Inkoko ) z’abana 315 Bari Mu Mushinga RW0941ENIR NGENDA

Confidential

Kigali, South Africa Fixed-term

Published 1 week from now · Expires 1 month from now

Share :

Job description

Eglise DU Nazareen International   au Rwanda ( ENIR )                                    

Paroisse NGENDA /KABUYE

RW 0941 ENIR NGENDA  

TEL:[Phone hidden]/[Phone hidden] 

Email : [Email hidden]

ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO 

Ubuyobozi bw’umushinga RW0941 ENIR NGENDA  itorero Nazarene Paroise NGENDA / KABUYE   ,uterwa inkunga na Compassion International  buramenyesha ba Rwiyemezamirimo babyifuza kandi babishaka ko hari isoko ryo  kugurira   amatungo magufi ( Inkoko )  z’abana 315   bari mu mushinga  RW0941 ENIR  NGENDA  . 

  Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira  

Ibaruwa isaba  isoko yandikiwe umushumba  wa ENIR Paroise NGENDA/KABUYE    Kuzana  Facture  Proforma igaragaza igiciro yatanze  hakubiyemo n’imisoro  iteganywa n’amategeko ya leta y’URwanda n’ubwikorezi  Kuba  afite photocopie ya facture ya E.B.M  yerekana ko atanga iyo facture  Kuba afite ibyangombwa bimuranga aribyo :   (Tin Number ,Icyemezo gitangwa na RDB ,Icyemezo cyo kutabamo  imisoro ya   Rwanda  Revenue  , Icyemezo gitangwa na RSSB  cya CERTIFICATE OF CLEARANCE )  byose biriho  umukono wa Noteri   

Kuzana ibyemezo by’ahantu 3  yaba yarigeze kugemura inkoko  kandi akabikora neza   Kuzana photocopie y’indangamuntu  Bordereau yishyuriyeho amafaranga ibihumbi icumi (10,000)  Kugaragaza uburyo azakora iryo soko neza(Gahunda yo kugemura)  N.B: Itariki yo gutanga amabaruwa ni kuwa  kane   tariki ya  04/06/2026   saa   munani zuzuye   (14hoo) kubiro by’umushinga RW0941, gufungura  amabaruwa  ni kuri uwo munsi saa  munani   zuzuye , Amafaranga  yo kugura DAO  anyuzwa  kuri compte  [Phone hidden]  yitwa   RW0941 ENIR NGENDA   angana n’ibihumbi icumi  (10,000frws) iri muri B.K 

adasubizwa   , bakazaza gufata  agatabo gakubiyemo  amabwiriza arambuye y’isoko  guhera tariki   20 /05  -  03 /06 /2026  , bazanye na Photocopie ya  bordereaux bishyuriyeho ayo mafaranga   ,    mu  masaha y’akazi  ,kubindi bisobanuro mwabariza kubiro by’umushinga ku masaha ya kazi , mu mudugudu wa cyahafi , akagari ka kabuye , umurenge wa Nyarugenge , akarere ka Bugesera  .

Bikorewe I  Nyarugenge  kuwa  19 /05 / 2026 

Umushumba w’itorero  ENIR NGENDA 

  Rev. Pastor  BYIRINGIRO Appolinaire  

Interested in this job?

Log in to see the email

Not registered yet? Create a free account

Log in to see the email

Not registered yet? Create a free account