Itangazo Ryo Gupiganir Isoko  Ry’ibiribwa N’ibikoresho by’isuku

Confidential

Kigali, Rwanda Fixed-term

Published 3 days ago · Expires 1 month from now

Share :

Job description

ITANGAZO RYO GUPIGANIR ISOKO

Itorero rya EPR/Paruwase Kabadaha, rifite umushinga RW0567 EPR KABADAHA uterwa inkunga na Compassion International, rifite icyicaro mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Mushishiro, akagali ka Munazi, umudugudu wa Kabadaha, buramenyesha ba Rwiyemezamirimo bose babyifuza kandi babifitiye ububasha ko ryifuza gutanga isoko ry’ibiribwa n’ibikoresho by’isuku.

Abifuza gupiganirwa iryo soko, barasabwa gutanga borderaux bishyuriyeho amafaranga ibihumbi icumi (10,000Rwf) adasubizwa kuri compte [Phone hidden] iri muri Banki ya Kigali (BK) ku mazina ya RW0567 EPR KABADAHA. Mukaduha aho mwishyuriye kuri email [Email hidden] kuva tariki 11/05/2026 kugera tariki 21/05/2026 Dao izaba ihari , nyuma ya tariki 21/05/2026 nta byangobwa tuzakira.

 Mugutanga ibyangombwa, muzabyohereza kuri email yavuzwe haruguru, mutange copy kuri [Email hidden] , [Email hidden]

Ipiganwa rikazaba tariki 22/05/2026 saa tanu za mu gitondo zuzuye (11h00) ari nabwo tuzatangira isoko muruhame.

Ukeneye ibindi bisobanuro yatwandikira kuri email yavuzwe haruguru

Bikorewe i Kabadaha kuwa 07/05/2026

Umuyobozi wa EPR/Paroisse Kabadaha

Pasteur MANIRAGABA Innocent

 

Attachment

attachment_file_77bd4b1b96a36336d0a7

Interested in this job?

Log in to see the email

Not registered yet? Create a free account

Log in to see the email

Not registered yet? Create a free account