Itangazo Ry’isoko Ryo Kugemura Inka Z’amata Kubafatanyabikorwa 20
Entreprise non précisée
CDD
Publiée il y a 1 semaine · Expire dans 1 mois
Description du poste
PRESBYTERIEN CHURCH OF RWANDA
Mulindi kuwa 06/02/2026EPR PAROISSE NYARUBUYE
PROJECT RW0553 EPR MULINDI
Email: E-mail: [email masqué]
Tel: /
ITANGAZO RY’ISOKONº007/CI/RW
Isoko ryo kugemura inka z’amata kubagenerwabikorwa 20.
Ubuyobozi bw’ itorero Presbyterienne mu Rwanda,Prebytery ya Zinga, Paroisse Nyarubuye ifite Umushinga RW0663 EPR MUlindi uterwa Inkunga na Compassion International mu Rwanda,buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari isoko No0007/CI/RW0553/26 ryo kugura no gutanga inka 20 kubagenerwabikorwa babarizwa kuri uwo mushinga.
ABIFUZA GUPIGANIRA IRI SOKO BAGOMBA KUBA BUJUJE IBI BIKURIKIRA
Ibaruwa yandikiwe ubuyobozi bwa EPR Paroisse Nyarubuye isaba isoko.
Facture Proforma igaragaza igiciro cy’inka imwe n’igiciro mbumbe cyose.
Kuba afite inimero y’ umusoreshwa (TIN Number )naTVA.
Kuba afite Registre de Commerce.
Kuba nta deni afitiye ikigo gishinzwe imisoro n’ amahoro (Rwanda revenues authority
Kuba nta deni afitiye ikigo cy’ubwiteganirize mu Rwanda(RSSB).
Kuba asanzwe akora iyo mirimo neza afite ibyemezo 3 byaho yagemuye inka biriho umukono wa notaire .
Kuba afite icyemezo cya Bank kigaragaza ko afite ubushobozi bwo gukora iryo soko.
Kuba azishyurwa kuri OP izigamiwe muri Banki ya Kigali nyuma yo kurangiza Imirimo.
Kuba afite Akamashini gasohora Billing Receipt yemewe n’ikigo RRA.
Photocopie y’Irangamuntu ya nyiri company.
B :Abifuza gupiganira iryo soko banyuza amabaruwa yabo asaba isoko ku emails: [email masqué] agatanga copy kuri email [email masqué] , Idatanzwe hose iba imfabusa, kandi kwakira amabaruwa asaba bizarangira kuwa 24/02/2026 saa kumi nimwe(17h00). Kureba abapiganwe no gutangaza uwatsinze ku mugaragaro bizaba mu ruhame kuwa 25/0/2026 saa 10h00 . uzatsindira iryo soko azamenyeshwa mu nyandiko igihe cyo gusinya amasezerano y’isoko.
Bikorewe i Mulindi, kuwa 06/02/2026
Umuyobozi w’ itorero EPR Paroisse Nyarubuye
Rev.Pst NSHIMIYIMANA Jean Claude
I.ISOKO RIPIGANIRWA
No 007/CI/RW0553/26: KUGURA NO GUTANGA INKA 20.
II.IBIZAPIGANIRWA
Imbonerahamwe ikubiyemo ibizacyenerwa mu kugura inka zo koroza abagenerwabikorwa 20 b’umushinga RW0553 MULINDI
No
URUTONDE
UMUBARE
PU
PT
1
Inka zujuje amabwiriza ya GIRINKA
20
2
Nilzan and/or Albendazole 2500mg
40
3
Acaracides (Amitraz 12.5%) and/or flumethrin 2-3%
20
4
Mineral block(Ca,P)
20
5
Sprayer pumps
20
6
Inkuyo acaricide
20
7
Phenylbutazone
20
8
Oxytetracycline 20% 100ml
40
9
Peni streptomycine 20/20
40
10
Vitamines+ Oligoelements
20
11
Opticlox for treating eye infections and associated symptoms
32
12
Calciject (Calcium for injection)
20
Total
Inka yorozwa igomba kuba irangwa n’ibi bikurikira:
Kuba ari ishashi ;
Kuba ari inka ya kijyambere ivanze ku kigero cy’amaraso kuva kuri 50% kuzamura byemejwe na RAB
Kuba ifite amezi abarirwa hagati ya 18 na 30 y’amavuko ;
Kuba ifite igikuriro cyiza, ipima ibiro 220- 250.
Kuba ihaka kuva ku mezi atanu (5) kuzamura;
Kuba nta ndwara cg ubundi busem...
Mulindi kuwa 06/02/2026EPR PAROISSE NYARUBUYE
PROJECT RW0553 EPR MULINDI
Email: E-mail: [email masqué]
Tel: /
ITANGAZO RY’ISOKONº007/CI/RW
Isoko ryo kugemura inka z’amata kubagenerwabikorwa 20.
Ubuyobozi bw’ itorero Presbyterienne mu Rwanda,Prebytery ya Zinga, Paroisse Nyarubuye ifite Umushinga RW0663 EPR MUlindi uterwa Inkunga na Compassion International mu Rwanda,buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari isoko No0007/CI/RW0553/26 ryo kugura no gutanga inka 20 kubagenerwabikorwa babarizwa kuri uwo mushinga.
ABIFUZA GUPIGANIRA IRI SOKO BAGOMBA KUBA BUJUJE IBI BIKURIKIRA
Ibaruwa yandikiwe ubuyobozi bwa EPR Paroisse Nyarubuye isaba isoko.
Facture Proforma igaragaza igiciro cy’inka imwe n’igiciro mbumbe cyose.
Kuba afite inimero y’ umusoreshwa (TIN Number )naTVA.
Kuba afite Registre de Commerce.
Kuba nta deni afitiye ikigo gishinzwe imisoro n’ amahoro (Rwanda revenues authority
Kuba nta deni afitiye ikigo cy’ubwiteganirize mu Rwanda(RSSB).
Kuba asanzwe akora iyo mirimo neza afite ibyemezo 3 byaho yagemuye inka biriho umukono wa notaire .
Kuba afite icyemezo cya Bank kigaragaza ko afite ubushobozi bwo gukora iryo soko.
Kuba azishyurwa kuri OP izigamiwe muri Banki ya Kigali nyuma yo kurangiza Imirimo.
Kuba afite Akamashini gasohora Billing Receipt yemewe n’ikigo RRA.
Photocopie y’Irangamuntu ya nyiri company.
B :Abifuza gupiganira iryo soko banyuza amabaruwa yabo asaba isoko ku emails: [email masqué] agatanga copy kuri email [email masqué] , Idatanzwe hose iba imfabusa, kandi kwakira amabaruwa asaba bizarangira kuwa 24/02/2026 saa kumi nimwe(17h00). Kureba abapiganwe no gutangaza uwatsinze ku mugaragaro bizaba mu ruhame kuwa 25/0/2026 saa 10h00 . uzatsindira iryo soko azamenyeshwa mu nyandiko igihe cyo gusinya amasezerano y’isoko.
Bikorewe i Mulindi, kuwa 06/02/2026
Umuyobozi w’ itorero EPR Paroisse Nyarubuye
Rev.Pst NSHIMIYIMANA Jean Claude
I.ISOKO RIPIGANIRWA
No 007/CI/RW0553/26: KUGURA NO GUTANGA INKA 20.
II.IBIZAPIGANIRWA
Imbonerahamwe ikubiyemo ibizacyenerwa mu kugura inka zo koroza abagenerwabikorwa 20 b’umushinga RW0553 MULINDI
No
URUTONDE
UMUBARE
PU
PT
1
Inka zujuje amabwiriza ya GIRINKA
20
2
Nilzan and/or Albendazole 2500mg
40
3
Acaracides (Amitraz 12.5%) and/or flumethrin 2-3%
20
4
Mineral block(Ca,P)
20
5
Sprayer pumps
20
6
Inkuyo acaricide
20
7
Phenylbutazone
20
8
Oxytetracycline 20% 100ml
40
9
Peni streptomycine 20/20
40
10
Vitamines+ Oligoelements
20
11
Opticlox for treating eye infections and associated symptoms
32
12
Calciject (Calcium for injection)
20
Total
Inka yorozwa igomba kuba irangwa n’ibi bikurikira:
Kuba ari ishashi ;
Kuba ari inka ya kijyambere ivanze ku kigero cy’amaraso kuva kuri 50% kuzamura byemejwe na RAB
Kuba ifite amezi abarirwa hagati ya 18 na 30 y’amavuko ;
Kuba ifite igikuriro cyiza, ipima ibiro 220- 250.
Kuba ihaka kuva ku mezi atanu (5) kuzamura;
Kuba nta ndwara cg ubundi busem...